Home Search Countries Albums

Nzakwitaho

YANNICK DUSHIME

Nzakwitaho Lyrics


Igihe kinini nkimara, nibaza uko ejo nzabaho
Nkahangayikishwa n'uko nzarya n'uko nzambara
Rimwe nkabura amahoro, ndetse nkabura ibitotsi,
N'ibyo ntekereje gukora bigapfa ubusa,
Ni uko nafashe igitabo, maze nsoma urwandiko
Nandikiwe n'umugabo wabiremye

Aravuga ati
Humura! Ni kuki urira? Ni kuki utarebera ku nyoni?
Ntizibiba ntizigira umurima, ariko ntabwo zicwa n'inzara
Cyangwa urebe kuburabyo, uko burimba, ninjye ubwambika
Humura NZAKWITAHO

Nawe waba, wari ugeze k'umugoroba w'ubuzima bwawe
Ubona ntanzira,nyamara siryo herezo,ry'ubuzima bwawe
Ngaho fata igitabo,maze usome urwandiko
Wandikiwe n'umugabo wabiremye

Aravuga ati
Humura! Ni kuki urira? Ni kuki utarebera ku nyoni?
Ntizibiba ntizigira umurima, ariko ntabwo zicwa n'inzara
Cyangwa urebe kuburabyo, uko burimba, ninjye ubwambika
Humura NZAKWITAHO
Aravuga ati
Humura! Ni kuki urira? Ni kuki utarebera ku nyoni?
Ntizibiba ntizigira umurima, ariko ntabwo zicwa n'inzara
Cyangwa urebe kuburabyo, uko burimba, ninjye ubwambika
Humura NZAKWITAHO

Enjoy Synced Lyrics With Our Mobile App

Download on Google PlayGet it on App Store

WATCH VIDEO

ABOUT THIS SONG


Release Year : 2021


Album : Nzakwitaho (Single)


Added By : Farida

SEE ALSO

AUTHOR

YANNICK DUSHIME

Rwanda

Yannick Dushime is an artist- Singer, song writter, guitar player. ...

YOU MAY ALSO LIKE