Home Search Countries Albums

Bikurimo Lyrics


[VERSE 1]
Nta kintu ufata nk'igito
Gipfa kuba kinshimisha
Ubigira ibyawe sinjya mbimenyera
Uuh,nakoze iki ngo umpitemo
Ko hari ubwo nikanga ari inzozi
Wuzuye ubwiru bwaganje umutima wanjye

[CHORUS]
Untera kumva arinjye mugabo wenyine uriho
Aaaha ahaaa
Ndabikunda cyane iyo unyise bebe
Aaaha aaah
kuntetesha bikurimo ntujya uvunika
Untera kumva arinjye mugabo wenyine uriho
Aaaha ahaaa
Ndabikunda cyane iyo unyise bebe
Aaaha aaah
kuntetesha bikurimo ntujya uvunika

[VERSE 2]
Buri munota tumaranyeee uuuh
Nicyo gihe mu buzima kiba kidapfuye ubusa
Untera udukuru dusetsa
Tugakina tukaba bato,utuma nirekura
Ubwuzu bukanyoga umutima
Wuzuye ubwiru bwaganjye umutima wanjye

[CHORUS]
Untera kumva arinjye mugabo wenyine uriho
Aaaha ahaaa
Ndabikunda cyane iyo unyise bebe
Aaaha aaah
kuntetesha bikurimo ntujya uvunika
Untera kumva arinjye mugabo wenyine uriho
Aaaha ahaaa
Ndabikunda cyane iyo unyise bebe
Aaaha aaah
kuntetesha bikurimo ntujya uvunika
Untera kumva arinjye mugabo wenyine uriho
Aaaha ahaaa
Ndabikunda cyane iyo unyise bebe
Aaaha aaah
kuntetesha bikurimo ntujya uvunika

Enjoy Synced Lyrics With Our Mobile App

Download on Google PlayGet it on App Store

WATCH VIDEO

ABOUT THIS SONG


Release Year : 2020


Album : Bikurimo (Single)


Added By : Farida

SEE ALSO

AUTHOR

ZIZOU AL PACINO

Rwanda

Zizou Al Pacino is a DJ and recording artist from Rwanda. ...

YOU MAY ALSO LIKE