Home Search Countries Albums

Zararyoshye Remix

ZILHA Feat. ISH KEVIN

Zararyoshye Remix Lyrics


[INTRO]
No face Men
Don’t take personal
Just busy

[CHORUS]
Hey hey
Holy geeh zararyoshye
Uy’umuziki uri mukazi kose geeh (Zararyoshye)
N’izi trap zaje nka Gitwaza geeeh (Zararyoshye)
Josi is finest muri center y’umugi (Zararyoshye)
Zishushuhani (zararyoshye)
Pupunani (zararyoshye)
Kukunaji na beer zo mu bukari (Zararyoshye)
Izi drill (zararyoshye)
N’izi deal (zararyoshye)
Bazimira badahekenye yiwii (zararyoshye)
Izubukoshi (zararyoshye)
Izubushyuhe (zararyoshye)
Njye na baby tubisoze turi douche (zararyoshye)
Izutubari (zararyoshye)
Izu du party (zararyoshye)
Ibyo mwifunga nukuri njye mbona hari (zararyishye)
Iza amakuci muma kushi n’imiriro (zararyoshye)
Nkora iba rouge ndeke ikundi zimikino (zararyoshye)

[VERSE 1]
Mwarambonye mwanga Budda mwima Bushi ubwimukiro
Twarakoze va kunjunga ngo ni push z’udupfinoo
Ni trap ish chamber nirukanka
Izanjye ziryohana abasani bakikunaza
Nti kandi ntizinjyana zibuganda
Hari plan yuko twazisiba aha mu Rwanda
Ni beat zararyoshye Gang ntituryama
Icyaka cyo ni cyose reka ntimuranywa
Reka tukugoboke ushyuhe ucembe inana
Uvanye mu bayoboke babyuke usenge Imana

[CHORUS]
Hey Hey
Kigali iwacu (zararyoshye)
Nizi drip ziri clean nta mikori (zararyoshye)
Ndi mubishuko n’aba bebe bari zoli (zararyoshye)
Expensive Expensive Expensive (zararyoshye)

[VERSE 2]
Trap muri rusange iri kuzana kadance
Iri gusiga akarangi amaniga menshi akabonaho chance
Marnaud imugize imvange zararyoshye Nigga yanjye
Ntago bihira kadage azabaze bene wabo mu Budage
Philpeter we na gang (eeh) umunwa warenze umurenge
Ntakigira n’isenge ubanza murugo acyenyera igitenge
Badrama wari cuyi keza amugize haduyi
Ubwonko babugize ubuyi ahitamo kuzijyana muri movie
Nzungu nzungu impande Kabaka w’abakambwe
Njya kwasa inkwi i Bugande Kigali ho dukoresha ama Gas
Genda ur’inyusi ishaje no kuri ka siraje
The Mane iguhata imvange Marina umuhate inyange

[CHORUS]
Gikundiro (zararyoshye)
Ibisundiro (zararyoshye)
Ubu ni so kurya show ufata ku miriro (zararyoshye)
Indege zubu kwifata ngo ni umuziro (zararyoshye)
Iniga zubu nazo imvugo niyo ngiro (zararyoshye)
Nizi mvegu ibi bishegu mubyitayeho ntawabivamo
Ubu bukaro ibi bisabo uwabijyana iwanjye akabigira indabo
(Zararyoshye zararyoshye zararyoshye)

Enjoy Synced Lyrics With Our Mobile App

Download on Google PlayGet it on App Store

WATCH VIDEO

ABOUT THIS SONG


Release Year : 2020


Album : Zararyoshye Remix (Single)


Added By : Florent Joy

SEE ALSO

AUTHOR

ZILHA

Rwanda

Zilha is a singer, songwriter and perfomer from Rwanda. ...

YOU MAY ALSO LIKE