Umubavu Lyrics
[VERSE 1]
Hari icyemezo umuntu afata
Nyuma akavuga uti ntakundi
Hari amahitamo nagize
Nyuma nsanga narihuse
Niyo nitonda
Nari guhitamo ibirenze ibi
Hhhhum
Ariko wowe
[PRE CHORUS]
Iyo nkureka ukagenda
Nari gusigarana ukwicuza
Kutagira umuti ugukiza
I yeeh iyeeh
Mahitamo yanjye ya buri munsi
I yeeeh yeeh
Mu isi y’urukundo ni wowe gusa
[CHORUS]
Naguhisemoo inshuro zose
Inshuro zose (naguhisemo)
Naguhisemoo inshuro zose
Inshuro zose
[VERSE 2]
Naho urukundo rwahinduka impumyi
Nahumiriza nkakubona (nkakubona)
Ntibisaba kugukoraho
Impumuro yawe irihariye
Indutira imibavu yose
Imuhira aho nturiza
Si munzu y’ubatswe n’abantu
Ahubwo n’iruhande rwawe
[PRE CHORUS]
Iyo nkureka ukagendaa
Narigusigarana ukwicuza
Kutagira umuti ugukiza
I yeeh iyeeh
Mahitamo yanjye ya buri munsi
I yeeeh yeeh
Mu isi y’urukundo ni wowe gusa
[CHORUS]
Naguhisemoo inshuro zose
Inshuro zose
Naguhisemoo inshuro zose
Inshuro zose
Mahitamo yanjye ya buri munsi
Mahitamo yanjye ya buri munsi
Mahitamo yanjye ya buri munsi
Mahitamo yanjye ya buri munsi
Iyeeeh iyeeeeh…..
Ni wowe nahisemo
[CHORUS]
Naguhisemoo inshuro zose
Inshuro zose
Naguhisemoo inshuro zose
Inshuro zose
Ni wowe nahisemo
WATCH VIDEO
ABOUT THIS SONG
Release Year : 2019
Album : Umubavu (Single)
Added By : Florent Joy
SEE ALSO
AUTHOR
YOU MAY ALSO LIKE