Home Search Countries Albums

Am Sorry

MARINA

Am Sorry Lyrics


Let me tell you my story
All my life goes down
Byasaga nkaho ndi kurota
Bituma nkora ibidakwiye
Am sorry
Kubwa makossa yose
Nanjye ndi umuntu
Ntawudakosa kwiyi si yeah
I can’t explain how I feel now
Kuba imitwe y’inkuru
Gutera abo nkunda amarira
Ntakintu nakora ngo nsibe ibya hise
Mbishoboye nasubiza nyuma
Nanjye ndabizi nari nagoswe
Ngera aho nicuza

Am sorry
Narakosheje
Sinzi uwanyongoje
Am sorry
I can’t deny
Ko nari nahubutse
Am sorry
Narakosheje
Sinzi uwanyongoje
Am sorry
I can’t deny
Ko nari nahubutse

Uzi ukuntu bijya bindya
Buri gihe ntekereje ibyabaye
Njye mba numva I wish I’d go back
Basi ngerageze mbisibe
Amabara navuzweho ni menshi
Nanjye ubwanjye hari ibyo ntajya menya
Uwanze kuvugwa yaheze  munda
But life goes on everyday yeah
Ntakintu nakora ngo nsibe ibya hise
Mbishoboye nasubiza nyuma
Nanjye ndabizi nari nagoswe
Ngera aho nicuza

Am sorry
Narakosheje
Sinzi uwanyongoje
Am sorry
I can’t deny
Ko nari nahubutse
Am sorry
Narakosheje
Sinzi uwanyongoje
Am sorry
I can’t deny
Ko nari nahubutse

Ntakintu nakora ngo nsibe ibya hise
Mbishoboye nasubiza nyuma
Nanjye ndabizi nari nagoswe
Ngera aho nicuza
Am sorry
Am sorry

Enjoy Synced Lyrics With Our Mobile App

Download on Google PlayGet it on App Store

WATCH VIDEO

ABOUT THIS SONG


Release Year : 2021


Album : Am Sorry (Single)


Copyright : ©2021 The Mane Music


Added By : Farida

SEE ALSO

AUTHOR

MARINA

Rwanda

Marina, born Uwase Ingabire Marina on 28 August 1997 in RWAMAGANA district, Eastern Provence of Rwan ...

YOU MAY ALSO LIKE