Imana Y' Imihanda Lyrics
Nagize ngo mbuze ubuzima mvuka
Igihe papa yihakana mama ndeba ku
Asiga urwibutso rwo kuducira mu maso
Gasesemi kenshi arinda arenga tureba
Nabona mama ari kurira asenga ati
Mana ca inzira abana ntibarembe
Kuva ubwo natangiye gusyaga
N'umusige kuwubona ari hamana
Ubuturo bwanjye ni ikiraro, indebakure
Yanjye irijimye Ejo heza hanjye ntihagaragara
Ubuturo bwanjye ni ikiraro, indebakure
Yanjye irijimye Ejo heza hanjye ntihagaragara
Yewe Mana Y'Imahinda, mvana muri uyu mwanda
Uyu mubumbe Nta Cyanga , uko bucya ntawangaa
Yewe Mana Y'Imahinda, mvana muri uyu mwanda
Uyu mubumbe Nta Cyanga , uko bucya ntawangaa
Ndashaka kuba umugabo utari Ingirwamugabo
Ndashaka kuba umugabo utarangwa n'imyotsi
Ndashaka kuba umugabo utari Ingirwamugabo
Ndashaka kuba umugabo utarangwa n'imyotsi
Nubwo iyi Tag life mbona yanga ikanuka
Ibyari amakarito nkabigira amashuka
Ngwije abanzi inaha duhora dukwepana
Mporana ishaza n'urwembe nagukata
Imifuka ndasopa Imodoka ndasota
Ibipangu ndaveya nkunda icupa nka papa
Imifuka ndasopa Imodoka ndasota
Ibipangu ndaveya nkunda icupa nka papa
Ubuturo bwanjye ni ikiraro, indebakure
Yanjye irijimye Ejo heza hanjye ntihagaragara
Ubuturo bwanjye ni ikiraro, indebakure
Yanjye irijimye Ejo heza hanjye ntihagaragara
Yewe Mana Y'Imahinda, mvana muri uyu mwanda
Uyu mubumbe Nta Cyanga , uko bucya ntawangaa
Yewe Mana Y'Imahinda, mvana muri uyu mwanda
Uyu mubumbe Nta Cyanga , uko bucya ntawangaa
Yewe Mana Y'Imahinda
Ndashaka kuba umugabo utari Ingirwamugabo
Ndashaka kuba umugabo utarangwa n'imyotsi
Ndashaka kuba umugabo utari Ingirwamugabo
Ndashaka kuba umugabo utarangwa n'imyotsi
Yewe Mana Y'Imahinda
WATCH VIDEO
ABOUT THIS SONG
Release Year : 2021
Album : Imana Y' Imihanda (Single)
Added By : Florent Joy
SEE ALSO
AUTHOR
YOU MAY ALSO LIKE