Bucece Lyrics

Wowe nabonye mbere (mbere)
Ngukunda mbere (wowe)
Sinaba aho utari ubyumve
Bifata umwanya kwiyumvisha
Yuko udahari (iruhande rwanjye)
N’umutima ntiwabasha kubyakira
Nubishaka tuzamenana rya banga
Nushaka igitangaza nzakuremera inyanja
Amarira ntayo, ibyishimo ngibi,
Ibyo ninjyewe
Nguhora iruhande ntugire ubwoba
Uwo ni njyewe (subi subirubira… subi subirubira….)
Wampaye umwanya wawe
Nukuri sinzawumfusha ubusa
Umpesha agaciro mubandi
M’uruhame ni wowe mvuga buri saha
Wenda ntuzi uko usa (mumiterere yawe)
Fata indorerwamo maze wirebe (wirebe)
Nkingurira ijuru nguture m’umutima
Ikizere ngufitiye ntabwo kizigera gishira
Bucece bucece…
Ubu ndi m’ubwami bw’urukundo
Bucece bucece
Amarira ntayo, ibyishimo ngibi,
Ibyo ninjyewe
Nguhora iruhande ntugire ubwoba
Uwo ni njyewe (subi subirubira… subi subirubira….)
Wowe nabonye mbere (mbere)
Ngukunda mbere (wowe)
Sinaba aho utari yeeeeh…
WATCH VIDEO
ABOUT THIS SONG
Release Year : 2020
Album : Bucece (Single)
Added By : Florent Joy
SEE ALSO
AUTHOR
YOU MAY ALSO LIKE