Ndacyagukunda Lyrics

Wumvise bavuga ko ngira neza
Wumvise bahamya ko ari njye ukunda by'ukuri
Wumvise bavuga ko ndema ibitariho bikabaho
Oya ntabwo bambeshyera ibyo bavuga ni ukuri
Kuki urambiwe kandi wari ugezeyo
Dore ndacyakubwira yuko ngukunda
Ngaho komera
Mbese aho ntiwaba wibwira ko
Gutinda kwanjye bisobanuye kunanirwa
Mbese ntiwaba utekereza ko
Nkora ku manywa nijoro nkaryama
Ni iki kiguhagaritse umutima
Nkaho nta neza yanjye wabonye
Njye simvuga amagambo ahubwo mvuga IJAMBO
Kandi nkarikomeza
Njye simvuga amagambo ahubwo mvuga IJAMBO
Kandi nkarikomeza
Wumvise bavuga ko ngira neza
Wumvise bahamya ko ari njye ukunda by'ukuri
Wumvise bavuga ko ndema ibitariho bikabaho
Oya ntabwo bambeshyera ibyo bavuga ni ukuri
Kuki urambiwe kandi wari ugezeyo
Dore ndacyakubwira yuko ngukunda
Ngaho komera
Mbese aho ntiwaba wibwira ko
Gutinda kwanjye bisobanuye kunanirwa
Mbese ntiwaba utekereza ko
Nkora ku manywa nijoro nkaryama
Ni iki kiguhagaritse umutima
Nkaho nta neza yanjye wabonye
Njye simvuga amagambo ahubwo mvuga IJAMBO
Kandi nkarikomeza
Njye simvuga amagambo ahubwo mvuga IJAMBO
Kandi nkarikomeza
WATCH VIDEO
ABOUT THIS SONG
Release Year : 2021
Album : Ndacyagukunda (Single)
Copyright : © Sinai Digital Agency, June 2021
Added By : Florent Joy
SEE ALSO
AUTHOR
YOU MAY ALSO LIKE