Ntabwo Yantegereza Lyrics

Harya uribuka
Umunsi yambwiraga yuko ashaka ko duhura
Burya twarahuye
Nyimukubita amaso numva umutima urankutse
Nawe yasaga nkuwatinye kumbwira
Yasaga nkuwananiwe guhitamo
Sinamubeshyera kwatankuze
Gusa kugumana ntibyakunze
Nicyo bita amahitamo
Naramuretse aragenda
Ati kuba ndimwiza ndimwiza
No kunkunda arankunda
Ariko ntabwo yanegereza
Ati kuba ndimwiza ndimwiza
No kunkunda arankunda
Ariko ntabwo yanegereza
Aaaaaaah aaah aaa
Afite gahunda
Aaaaaaah aaah aaa
Ntabwo yanegereza
Nihagazeho
Nirindaga kumwereka yuko haricyo binwaye
Ariko numvaga
Umutima wanjye wenda gutakara
Sinjye wabonye dutandukana
Sinjye wabonye muva mumaso
Sinamubeshyera kwatankuze
Gusa kugumana ntibyakunze
Nicyo bita amahitamo
Naramuretse aragenda
Ati kuba ndimwiza ndimwiza
No kunkunda arankunda
Ariko ntabwo yanegereza
Ati kuba ndimwiza ndimwiza
No kunkunda arankunda
Ariko ntabwo yanegereza
Aaaaaaah aaah aaa
Afite gahunda
Aaaaaaah aaah aaa
Ntabwo yanegereza
WATCH VIDEO
ABOUT THIS SONG
Release Year : 2021
Album : Ntabwo Yantegereza (Single)
Added By : Farida
SEE ALSO
AUTHOR
ARIEL WAYZ
Rwanda
Uwayezu Ariel, Ariel Wayz, is a signer and vocalist from Rwanda. She started singing at the age of 4 ...
YOU MAY ALSO LIKE