Home Search Countries Albums

Kumusaraba Lyrics


Benshi ndabizi ko inkuru y'amarira ya njye
Nukuri yaciye mu matwi yanyu
Abandi twaturanye iyo
Mu mudugudu w'irimbukiro
Umwijima niwo niyorosaga
Ntarahura n'umwami wanjye Yesu
Umwijima niwo niyorosaga
Ntarahura n'umwami wanjye Yesu

Narahamagaraga maze nkiyikiriza
Nari mu buretwa bubuza izuba kurasa
Narinyotewe no gutabarwa
Narinyotewe no gutabarwa

Sinjye wabonye mva mu biganza bibi
Aho nari ndi nari mfuye rubi
Sinjye wabonye mva mu biganza bibi
Aho nari ndi nari mfuye rubi

Kumusaraba w'isoni Yesu
Wahakubitiwe inkoni
Ubu aho kurira ndaririmba
Ko wandutiye abatambyi   
Kumusaraba w'isoni Yesu
Wahakubitiwe inkoni
Ubu aho kurira ndaririmba
Ko wandutiye abatambyi   

Naje kumenya ko
Za mana zaho nabaga
Zitari zishoboye
Ariko wowe Yesu
Ufite imbaraga
Wahaye ubuzima imbaga
Jehova yankundanye
Umurava mwinshi
Nukuri yampaye
Ubugingo buhoraho
Ineza ye intembaho
Ndahamya ko aho anjyana hizewe
Ndahamya ko aho anjyana hizewe

Sinjye wabonye mva mu biganza bibi
Aho nari ndi nari mfuye rubi
Sinjye wabonye mva mu biganza bibi
Aho nari ndi nari mfuye rubi

Kumusaraba w'isoni Yesu
Wahakubitiwe inkoni
Ubu aho kurira ndaririmba
Ko wandutiye abatambyi
Kumusaraba w'isoni Yesu
Wahakubitiwe inkoni
Ubu aho kurira ndaririmba
Ko wandutiye abatambyi   

Wanguze amaraso ndabihamya
Waruguruye maze ndinjira
Wanguze amaraso ndabihamya
Waruguruye maze ndinjira
Wanguze amaraso ndabihamya
Waruguruye maze ndinjira
Wanguze amaraso ndabihamya
Waruguruye maze ndinjira
Wanguze amaraso ndabihamya
Waruguruye maze ndinjira
Wanguze amaraso ndabihamya
Waruguruye maze ndinjira

Sinjye wabonye mva mu biganza bibi
Sinjye wabonye mva mu biganza bibi

Enjoy Synced Lyrics With Our Mobile App

Download on Google PlayGet it on App Store

WATCH VIDEO

ABOUT THIS SONG


Release Year : 2023


Album : Kumusaraba (Single)


Added By : Farida

SEE ALSO

AUTHOR

VESTINE AND DORCAS

Rwanda

Vestine and Dorcas is a duo of Rwandan musician ...

YOU MAY ALSO LIKE