Indirimbo Yanjye Lyrics

Mutima wanjye we mfasha turirmbe
Indirimbo y'Umwami yo kumushimira
Ninde wamukoma mu nkokora
Ashatse kungirira neza?
Mbese hari uwabasha kuvuguruza
Ijambo yavuze?
Mutima wanjye we mfasha turirmbe
Indirimbo y'Umwami yo kumushimira
Ninde wamukoma mu nkokora
Ashatse kungirira neza?
Mbese hari uwabasha kuvuguruza
Ijambo yavuze?
Nibutse ibyo wankoreye ntiwantereranye
Sinakozwe n'isoni waranyuze
Uko wabikoze byangeze ku mutima
Yesu nzagushimisha indirimbo yanjye
Nibutse ibyo wankoreye ntiwantereranye
Sinakozwe n'isoni waranyuze
Uko wabikoze byangeze ku mutima
Yesu nzagushimisha indirimbo yanjye
Yesu nzagushimisha indirimbo yanjye
Wahinduye amateka y'ubuzima bwanjye
Umpindura ikimenyetso cy'imirimo yawe
Igihe nabonaga nta nzira waraserutse
Niyo naceceka simvuge byakwivugira
Wahinduye amateka y'ubuzima bwanjye
Umpindura ikimenyetso cy'imirimo yawe
Igihe nabonaga nta nzira waraserutse
Niyo naceceka simvuge byakwivugira
Nibutse ibyo wankoreye ntiwantereranye
Sinakozwe n'isoni waranyuze
Uko wabikoze byangeze ku mutima
Yesu nzagushimisha indirimbo yanjye
Nibutse ibyo wankoreye ntiwantereranye
Sinakozwe n'isoni waranyuze
Uko wabikoze byangeze ku mutima
Yesu nzagushimisha indirimbo yanjye
Yesu nzagushimisha indirimbo yanjye
Yesu niwowe ndirimbo yanjye
Yesu niwowe bwugamo bwanjye
Yesu niwowe gakiza kanjye
Yesu niwowe ndirimbo yanjye
Uwiteka ahimbazwe, Kuko yumviye ijwi ryo kwinginga kwanjye
Uwiteka ni we mbaraga zanjye n'ingabo inkingira
Umutima wanjye ujya umwiringira ngatabarwa
Ni cyo gituma umutima wanjye wishima cyane
Kandi nzamushimisha indirimbo yanjye
Uwiteka ni imbaraga z'abantu be
Kandi ni igihome uwo yasīze ahungiramo agakira
Kiza ubwoko bwawe uhe umwandu wawe umugisha
Kandi ubaragire ujye ubaramira iteka ryose
WATCH VIDEO
ABOUT THIS SONG
Release Year : 2021
Album : Indirimbo Yanjye (Single)
Added By : Farida
SEE ALSO
AUTHOR
PAPI CLEVER & DORCAS
Rwanda
Clever is a Rwandan vocalist, quitarist, songwriter, producer and worship leader married to Dorcas ...
YOU MAY ALSO LIKE