Wakora iki Lyrics

Wakora iki ukuze ugasanga
Uwo witaga so atari we
Wakora iki wibarutse ugasanga
Burya ya nyana atari iya mweru
Ubu buzima ubaye ubugena
Wahika imyaka igihumbi
Umubaji w’imitima
Aguhaye amahirwe wakwiyabura uburibwe
Ese ubu abaye uri njyewe
Wabigenza ute ko mbona
Uba widagaduye
Utanyoroheye nagato
Wakora iki ubwo uramutse ubaye nkanjye
(Utanyoroheye nagato)
Wakora iki ubwo uramutse ubaye nkanjye
(Utanyoroheye nagato)
Baransebya bakamvuga
Hirya no hino bakanseka
Nsubira inyuma bakishima nkumva ndihebye
I don’t know what to do
I feel like I’m nothing yeah yeah
Ese abaye ari wowe wabigenza ute
Ese ubu abaye uri njyewe
Wabigenza ute ko mbona
Uba widagaduye
Utanyoroheye nagato
Wakora iki ubwo uramutse ubaye nkanjye
(Utanyoroheye nagato)
Wakora iki ubwo uramutse ubaye nkanjye
(Utanyoroheye nagato)
Uramutse ubwo ubaye nkanjye
Wakora iki ubwo ubuzima ubonye bwagucanze
U mbajije inda ngo ubu niyande
Sinanamenya uwabikoze neza ngo ninde
Icyumweru gishize nabikoreraga Claude
Icyabanjirije icyambere yuko njya i bugande
Nakiniyeyo ndende
Inoti sinzirenge
Reka koko nisange
Ibibintu binandenze
Ese ubu ubaye uri njyewe
Wabingenza ute ko mbona
Uba widagaduye
Utanyoroheye nagato
Wakora iki ubwo uramutse ubaye nkanjye
(Utanyoroheye nagato)
Wakora iki ubwo uramutse ubaye nkanjye
(Utanyoroheye nagato)
Oh oh oh oh wooo
Oh oh oh oh wooo
Ese ubu ubaye uri njyewe
Wabingenza ute ko mbona
Uba widagaduye
Utanyoroheye nagato
Wakora iki ubwo uramutse ubaye nkanjye
(Utanyoroheye nagato)
Wakora iki ubwo uramutse ubaye nkanjye
(Utanyoroheye nagato)
Oh oh oh oh wooo
Oh oh oh oh wooo
Oh oh oh oh wooo
Oh oh oh oh wooo
WATCH VIDEO
ABOUT THIS SONG
Release Year : 2020
Album : Wakora iki
Added By : Afrika Lyrics
SEE ALSO
AUTHOR
B THREY
Rwanda
B THREY is an Hip Hop artist from Rwanda. He is signed under Green Ferry Music. In 2019, he ...
YOU MAY ALSO LIKE